in

Rayon Sports yarakaye ishaka guca agasuzuguro: Murera itangaje abakinnyi 11 bagiye kubanza mu kibuga gusa yahisemo gukora impinduka kugira ngo inyagire Gorilla FC 

Rayon Sports yarakaye ishaka guca agasuzuguro: Murera itangaje abakinnyi 11 bagiye kubanza mu kibuga gusa yahise gukora impinduka kugira ngo inyagire Gorilla FC.

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bubinyujije ku mbuga nkoranyambaga z’iyi kipe y’ubukombe mu Rwanda bumaze gutangaza abakinnyi 11 bagiye kubanza mu kibuga mu mukino ugiye kubahuza na Gorilla FC ikunze kubagora cyane.

Urutonde:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kiyovu Sports yikoreye ishyano maze Murera ibigenderamo: Kiyovu nyuma yo gutsinda AS Kigali bahise bayitwara rutahizamu wari ngenderwaho maze bikuza umunyamahanga wa Rayon wakundwaga cyane n’abafana -AMAFOTO

Umutoza yaramubeshye ntabwo yigeze amubabarira: Yamen Zelfani nyuma yo gusuzugurwa na Hategekimana Bonheur ahisemo kumukorera ibintu bibi atazigera yibagirwa mu mateka ye