in

Rayon Sports WFC yanyagiye ikipe imvura y’ibitego maze itanga ibyishimo byiyongera mu bindi byatanzwe na Murera

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 25 Gashyantare 2023 ikipe ya Rayon Sports y’abagore ndetse n’iyabagabo zombi ziraje abafana bayo neza nyuma y’uko zose zabonye itsinzi.

Rayon Sports WFC yagiye i Nyagatare maze ifatirana Nyagatare WFC iyitsinda ibitego bigera kuri 6-0 byose.

Ni mu gihe Rayon Sports nayo yari iri i Rubavu aho yasanze ikipe ya Rutsiro FC iwayo maze iyitsinda ibitego 2-0, bituma ihita ifata umwanya wa mbere mu gihe ikipe ya APR FC itarakina umunsi wa 21 wa shampiyona.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abanyarwandakazi nta mikino bafite! Umujejetafaranga Kate Bashabe yaciye ibintu nyuma yo kugaragara yikoreye agataro – VIDIO

Videwo ; Umu pastor wasengeye umugore we ngo agabanyirizwe imyaka akomeje kubica bigacika