in

Rayon Sports na APR FC zigiye guhabwa akayabo k’arenga miliyoni 60 Rwr

Ikipe ya APR FC na Rayon Sports ziri mu makipe atandukanye azahabwa arenga ibihumbi 50 by’amadolari kubera gukina imikino Nyafurika.

Ni amakuru yatangajwe n’umunyamakuru Micky Junior ukomoka muri Ghana ukurikirana cyane umupira w’amaguru wa Afurika n’amakuru awuvugwamo.

Abinyujije ku mbuga ze zirimo na twitter, yavuze ko amakipe atarageze mu matsinda ya CAF Champions League APR FC yari irimo ndetse na CAF Confederation Cup 2023-2024 yarimo Rayon Sports azahabwa arenga ibihumbi 50 by’amadolari mu manyarwa agera muri miliyoni 60 Rwr. Gusa ariko aya makuru ntacyo CAF irayatangazaho.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC izi gutoranya abakozi beza! Ubwiza bwa Umutoni Claire wahawe imirimo mishya mu ikipe ya APR FC bukomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga (AMAFOTO)

Umuganga w’umunyarwanda Dr Callixte Twagirayezu w’imyaka 93, ari kwizihiza imyaka 40 asuzumye umurwayi wa mbere wari ufite virusi itera Sida muri Afurika