in

Rayon Sports izakira Al Hilal Benghazi abakozi batari bahembwa

Rayon Sports izakira Al Hilal Benghazi abakozi batari bahembwa.

Mu gihe abakozi benshi bahembwa ku itariki ya mbere, Rayon Sports izakira Al Hilal Benghazi mbere y’uko abakozi bahembwa.

Mu nama abayobozi ba Rayon Sports na Al Hilal Benghazi bahuriyemo bemeje ko bazakina mu mpera z’ukwezi kwa Nzeri.

Amakuru aturuka mu banyamakuru bajyanye na Rayon Sports ni uko hemejwe ko umukino ubanza uzakinwa ku wa 30 Nzeri 2023 ni mu gihe uwo kwishyura washyirwa ku wa 7 Ukwakira 2023.

Andi makuru avuga ko CAF yabwiye aya makipe ko nta mukino ishaka nyuma ya tariki ya 5 Ukwakira 2023.

Kuri ubu Rayon Sports na Al Hilal Benghazi bagiye gutanga iyo myanzuro muri CAF ubundi ibihe umugisha.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Itangazo ryihutirwa rigenewe abantu bose bari bagiye gukorera uruhushya rwa’aburubdi rwo gutwara kuri site zikurikira

Umusaza w’imyaka 78 witwa Wagore yatawe muri yombi azira kwiba imboga ebyiri