in

Rayon Sports irasanganirwa n’icuraburindi n’imiborogo! Umujyi Gikundiro igiyemo wuzuyemo imiborogo kubera ko kuri uyu munsi hapfiriyemo abantu barenga 2000 abandi ibihumbi 10 baburirwa irengero – AMAFOTO

Leta ya Libya yatangaje ko abantu bagera 2000 bamaze gupfa na ho abandi ibihumbi 10 bashobora kuba baburiwe irengero, nyuma yo kwibasirwa n’umwuzure watewe n’imvura nyinshi igasenya ingomero ebyiri zigateza inkangu mu baturage, mu duce twa Benghazi and Derna.

Gusa nubwo byabaye, indege ya Ethiopian Airlines yamaze guhaguruka itwaye Rayon Sports aho igiye gukina na Al Hilal yo muri Libya aha hari ibi byago.

Ariko biravugwa ko hari ibaruwa ya Al Ahilal Benghazi yandikiye CAF iyisaba ko umukino wayo na Rayon Sports wakwimurwa ukava tariki 15 Nzeri 2023 ugashyirwa taliki ya 22 Nzeri 2023.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umwicanyi Kazungu Denis wicaga abagore n’abakobwa agiye kuburanishwa

Higanjemo abana bakiri bato! Urutonde ry’abanyeshuri bahize abandi mu bizamini by’amashuri abanza n’ayisumbuye – AMAFOTO