in

Rayon Sports inyagiye Interforce FC ihoza amarira aba rayon bari bafite ku ikipe yabo n’ubuyobozi

Rayon Sports inyagiye Interforce FC ihoza amarira aba rayon bari bafite ku ikipe yabo n’ubuyobozi

Ni umukino watangiye ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba ubera kuri Kigali Pele Stadium. Watangiye Rayon Sports yataka cyane nubwo nta mutoza yari ifite mukuru.

Yatangiye itsinda igitego ku munota wa 5 gitsindwa na Youseff Rharb, ku munota wa 54 Hertier Luvumbu Nziga naho Mvuyekure Emmanuel Manou aza abisoza atsinda ibitego 2 biba bibaye 4-0.

Ibi bisa nkaho bigiye guhoza amarira abakunzi ba Rayon Sports nyuma y’ibirimo kuvugwa cyane, bijyanye nibyo umuyobozi wayo yatangaje ndetse ni uko imaze iminsi irimo kwitwara mu kibuga.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuti ku bantu bafite ibiheri mu maso byanze gukira cyangwa abafite amabara mu maso – Uyikoresha mu byumweru bibiri gusa ubundi ugasubirana uruhu rutoshye

Uncle Austin yavuze amagambo akomeye nyuma yo kugirana ibibazo na Shaddy Boo