in

Rayon Sports igiye kugurisha umukinnyi mu ikipe bihora bihanganye kuva kera

Ikipe ya Rayon Sports igiye kugurisha umukinnyi wayo mu ikipe ihora ihanganye nayo kuva kera.

Ikipe ya Rayon Sports irimo gushaka amafaranga yo kugura abakinnyi batandukanye Kandi bakomeye izakoresha umwaka utaha w’imikino, nayo irimo gushaka uko yagurisha abo ifite yabonye itakomeza gukenera mu mikino itandukanye izakina umwaka utaha w’imikino.

Amakuru YEGOB twamenye ni uko ikipe ya Rayon Sports yamaze kurekura Muvandimwe Jean Marie Vianey. Uyu mukinnyi ari kurwanirwa n’amakipe menshi Kandi akomeye harimo ikipe ya Bugesera FC hamwe na Mukura Victory Sports ariko amakuru yizewe dufite ni uko uyu musore ibiganiro bigeze kure n’ikipe ya Mukura Victory Sports.

Iyi kipe ya Mukura Victory Sports iri mu ikipe zimaze igihe kinini hano mu Rwanda, ntijya yemere gutsindwa na Rayon Sports mu buryo bworoshye kuva kera ishobora gukukana uyu musore dore ko n’umutoza wayo yamushatse cyane. Mukura Victory Sports ikomeje gusinyisha abakinnyi batandukanye harimo cyane abakomoka mu guhugu cy’u Rwanda.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yarwanaga no kumanura ikanzu! Mu gakanzu kagufi yari yambaye, Gihozo Alliah w’imiterere irangaza benshi yazunguje umubyimba we rubura gica – VIDEWO

Irari rizabakoraho pe!: Umusore yihandagaje akoza intoki mu myanya y’ibanga y’umukobwa ku karubanda (Amashusho)