in

Rayon Sports igiye kugaruka bushya nyuma y’igihe kinini ubuyobozi bubeshya abafana

Ikipe ya Rayon Sports yari imaze igihe kinini ikina yamabaye imyenga y’umwaka ushize kugeza ubu imyenda yabonetse.

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bumaze igihe bukomeza kwizeza abakunzi b’iyi kipe ko batumije imyenda yo gukinana ariko itaraza, gusa ubu biravugwa ko amajezi yamaze kugera mu Rwanda.

Amakuru YEGOB yamenye ni uko aya majezi ya Rayon Sports yageze mu Rwanda kandi ko kuri uyu wa gatanu tariki ya 4 ubwo bazaba bakina na Sunrise FC bagomba kuba bayambaye.

Iyi myenda yaje n’iya bagabo gusa iy’abagore yo biravugwako itaragera mu Rwanda ariko nayo ari igihe gito Cyane ikaba yahageze

Uyu mukino Rayon Sport izaseruka yambaye bushya n’ikipe ya Sunrise FC uzaba kuri uyu wa gatanu ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Nduwayezu
Nduwayezu
1 year ago

Ariko c mwagiye mubanza kureba ibyo mwanditse mbere yo kubigeza ku bantu koko ubwo nkuwo mutwe winkuru murabona handitse ibiki🤔

Ni agahinda; ikipe Messi ashaka kujyamo yanze PSG na Barcelona yateye umujinya abakunzi be

Umutoza Haringingo yasabye ubuyobozi bwa Rayon Sports gusesa amasezerano y’umukinnyi wabahombeye