in

Rayon Sports igiye gusinyisha myugariro ukomeye wa Apr Fc utabonaga umwanya uhagije wo gukina

Myugariro ukomeye wa Apr Fc Ndayishimiye Dieudonne yamaze kumvikana na Rayon Sports, aho ashobora gusinya muri iki cyumweru.

Ndayishimiye Dieudonne uzwi cyane ku izina rya Nzotanga akomeje ibiganiro na Rayon Sports, nyuma yaho amaze kumenya ko Apr Fc igiye kuzana undi mukinnyi ukina umwanya umwe na we.

Ibiganiro na Rayon Sports bigeze kure, akaba ategereje ko amenya niba azakomezanya na Apr Fc cyangwa azishakira indi kipe.

Uyu musore ukiri muto arashaka kujya mu ikipe imuha umwanya uhagije wo gukina, rero ku giti we abona ko ntayindi kipe yabimuha atari Rayon Sports.

Nzotanga ntago yagiye abona umwanya uhagije wo gukina mu ikipe Apr Fc aho yari umusimbura wa Omborenga Fitina.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi Clarisse Karasira yahishuye amazina y’umwana wabo

Amarangamutima y’abafana nyuma yo kubona Clarisse Karasira n’umugabo we bateruye umwana wabo