in

Rayon sport yatanze ubutumwa bukomeye ku makipe bahanganye

Rayon sport yongeye kwisubiza icyubahiro imbere ya Rutsiro fc yayigoye muri shampiyona y’u mwaka washize.

Rayon Sports yari yitezwe n’abafana bayo nyuma yo kugura abakinnyi benshi ndetse no kugaragaza ubushake bwo kongera kuba ikipe ikomeye,yagowe bikomeye na Rutsiro FC yayihagamye kugeza ubwo benshi bakeka ko itakaje amanota ku munsi wa mbere.

Icyakora niyo yafunguye amazamu ku gitego cyatsinzwe n’umurundi Mbirizi Eric ku munota wa 27 ndetse igice cya mbere niko cyarangiye.

Ku munota wa 55 Rutsiro yaje kwishyura igitego yatsinzwe na Mumbele Jonas Mulakidogo.

Rayon sport yakomeje kuyisatira cyane aho ku munota wa 90 yabonye igitego cya kabiri gitsinzwe na Didier Mucyo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bamwe mu byamamare bari bitabiriye umugoroba wo kwizihiza ubuzima bwa Yanga witabye Imana (Amafoto)

Umuhanzi ukunzwe cyane muri America yavuze ko yiryamanira n’abagabo bagenzi be