in

Rafael Leão yashyize umucyo ku hazaza he na PSG

UDINE, ITALY - JANUARY 20: Rafael Leão of AC Milan looks on during the Serie A TIM match between Udinese Calcio and AC Milan - Serie A TIM at Dacia Arena on January 20, 2024 in Udine, Italy. (Photo by Alessandro Sabattini/Getty Images)

Umusore w’umunya-Prortugal  Rafael Leão

ganira n’ikinyamakuru Corasera yavuze ko adashaka kugira ahandi hantu yerekeza hatari muri AC  Milan kuko yamufashije mu bihe bigoye cyane kandi adateze kubyibagirwa.

Ati “ ndacyafite amasezerano y’imyaka ine hano ndi umukinnyi wa AC Milan ntago ntekereza kuyisohamo  yamfashije mubihe bigoya yishobora kubyibagirwa nshaka gutsinda ndikumwe na AC Milan”.

Uyu musore ayamagambo yose yayavuze arukoa abajijwe niba hari ikipe ashaka kwerekezamo  cyane ko amakipe arimo paris sait Germain  amushaka ndetse nandi makipe yo

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Icyi cyaba icyimenyetso cyuko Cristiano Ronaldo agiye gukora ubukwe vuba bidatinze

Vitamin C ifasha abantu bafite uruhu rwangirika kubera izuba rugakira neza, yamaze kuhagera! Ku bakobwa bafite ikibazo cyo kugira iminwa yumagaye nabo ibisubizo byabonetse