in

Vitamin C ifasha abantu bafite uruhu rwangirika kubera izuba rugakira neza, yamaze kuhagera! Ku bakobwa bafite ikibazo cyo kugira iminwa yumagaye nabo ibisubizo byabonetse

Umuntu wese ufite ikibazo cy’uruhu rwangirika iyo agiye kuzuba, ari kugana muri Ange Saloon Spa, kuko ubu twabazaniye Vitamin C ikozwe mu bimera karemano wisiga ubundi ugatandukana n’izo ngaruka.

Vitamin C ifasha abantu bafite uruhu rwangirika kubera izuba rugakira neza

Indi nkuru nziza ku bakobwa bafite ikibazo cyo kuma magara iminwa, ubu hari Lipstick twaranguye mu Buhinde zikemura icyo kibazo burundu.

Lipstick zifasha abakobwa bafite iminwa yumagaye

Muri Ange Saloon Spa, hari umubyeyi uzwi nka Salama w’inzobere mu kuvura indwara zose z’uruhu akaba agira inama abantu uko bakwita ku ruhu rwabo.

Ukeneye amavuta ajyanye n’uruhu rwawe, wahamagara kuri 0788 538 135/0781095165. N’abandi bafite ibibazo by’uruhu baraza tukabarangira amavuta y’umwimerere ajyanye n’uruhu rwabo ndetse tubakorera na massage ifasha kuvura umunaniro wo mu bwonko n’umutwe wa hato hato.

Dukora massage tugamije kuvura mu gihe umuntu afite umunaniro w’umubiri, mu bwonko, cyangwa umutwe wa hato na hato

Dufite inzobere zize ibyo kwita ku ruhu hakoreshejwe produits z’umwimerere zitangiza uruhu.

Wadusanga mu Isoko rya Nyarugenge muri etage yo hasi F1 umuryango G45, hafi y’Urwego Bank. Waduhamagara cyangwa ukatwandikira kuri whatsapp 0788538135 na 0787724304.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rafael Leão yashyize umucyo ku hazaza he na PSG

Ikipe y’Abapasiteri b’amatorero atandukanye, yatsinzwe n’ikipe y’Abakozi b’akarere ka Kirehe – AMAFOTO