in

Producer ugezweho mu Rwanda agiye guta umwana mu mago asezere kwitwa ingaramakirambi

Producer ugezweho mu Rwanda agiye guta umwana mu mago asezere kwitwa ingaramakirambi.

Producer Aime Patric Bigirimana wamamaye mu gutunganya imiziki nka Real Beat agiye gukora ubukwe n’umukobwa witwa Phoibe bamaze imyaka itatu bakundana.

Integuza y’ubukwe bw’aba bombi igaragaza ko bazarushinga kuwa 9 Nzeri 2023.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yakandaga nkukanda voka! Umusore yakanze amabuno y’umukobwa abari baraho barumirwa

“Uziko Mama Kevine atameze gutya” Amajwi y’umu pastor yafashwe yagiye kwiha akabyizi n’umu kirisitu we akomeje kuba kimomo