in

Producer Holybeat mwakunze arigendeye.

Holybeat wubatse izina mu bijyanye no gukora umuziki, akaba yari amaze igihe akorera muri Studio ya The Mane Music, yamaze kwimukira muri Canada aho yagiye gutura.

Mu minsi ya nyuma y’umwaka ushize, ni bwo Shyaka Olivier wamamaye ku izina rya Holybeat n’umugore we berekeje i Vancouver muri Canada aho bagiye gutura.

Holybeat yavuze ko nyuma yo kwimukira muri Canada, ubu ari naho agiye gukomereza ibikorwa bya muzika yakoreraga mu Rwanda.

Yagize ati “Maze iminsi narimukiye inaha [Canada], ni ho ngiye kujya nkorera ibikorwa byanjye bya muzika

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Birashyushye: Miss Pamella Uwicyeza yaririmbiye The Ben akanyamuneza karamurenga (video)

“Yagiye yarariye akantu…”- Ibitekerezo by’abafana ba Miss Keza Joannah nyuma y’ifoto yashyize hanze