in

Producer Holy Beat n’umufasha we bibarutse imfura yabo (Amafoto)

Producer Holy Beat n’umugore we Annette Tahan ukomoka muri Israel bari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko bibarutse imfura yabo y’umuhungu.

Ni mu gihe baherutse kujya gutura mu gihugu cya Canada ari naho umwana w’umuhungu yavukiye.Ndetse producer holy beat yemeje ayo makuru avuga ko yagiye gutura muri canada we n’umuryango we ari naho azakomereza gukorera imirimo ye y’umuziki .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo Inyogo ye yabwiye Ariel Wayz byamusekeje byo gupfa (ifoto)

Nel Ngabo na Bruce Melodie batsinze icy’umutwe (Inkuru irambuye)