in

Shaddyboo yaciye amarenga y’ubukwe bwe buri vuba

Umunyamideri ukunzwe na benshi hano mu Rwanda Mbabazi Chadia uzwi nka Shaddyboo yaciye amarenga y’ubukwe bwe ko bidatinze agaragaza ibirori.

Nubwo benshi bavuga ko ubukwe bwe ari nkubwa super manager, hari ababyakiranye ubwuzu ndetse banagaragaza ko bishomiye cyane ibyo iyo nkuru nziza.

Ybaitangaje kuri Twitter aho yabajije abantu niba bafite imyenda y’umweru ndetse ko n’utayifite agomba kiyishaka vuba abanti bahita bafindura ko bwaba ari ubukwe bwe.

Kubera ukuntu Shaddyboo akunzwe cyane mu Rwanda, ubukwe bwe bubaye buri wese akaba yemerewe kubutaha, byasaba ko abukorera muri stade kugira ngo bake mu bantu babone aho bajya.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Producer Element yandikishije amateka atarakorwa n’undi mu producer mu Rwanda

Umunyamakuru Yago yatashye ubukwe butangaje i Rubavu (video)