in

Producer Eleeeh ageze kuri Wizkid, Davido na Diamond| Uyu musore ukiri muto yamennye amabanga akomeye

Mugisha Fred Robinson wamamaye ku izina rya Eleeeh yavuze byinshi ku mishinga afitanye na Diamond Platnumz, Wizkid, Davido ndetse n’abandi bahanzi bakomeye bo muri Africa. Ni mu kiganiro uyu musore yagiranye na Yago Tv Show.

Nkuko Eleeeh yabitangaje yavuze ko hari imishinga itandukanye yatangiye gukorana n’abahanzi batandukanye barimo n’abakomeye nka Diamond Platnumz, Davido, Wizkid ndetse n’abandi ibi akaba zari inzozi ze za kera atangiye gukabya kuko kuva kera yashakaga kuzagera ku rwego rwo gukorana b’abahanzi bakomeye ku rwego mpuzamahanga ibintu atangiye kugeraho kugeza ubu.

Eleeeh yavuze kandi ko hari imishinga afitanye n’abahanzi bo ku mugabane w’i Burayi nko mu Bufaransa ndetse n’ahandi.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byinshi wamenya kuri Siperansiya wo muri Seburikoko.

Ibintu by’ingenzi wakorera umukunzi wawe ukamwibagiza abamutereta bose.