in

Priya wakinnye filime ashuka umusore ngo baryamane, Rugangura Axel yamubwiye gahunda abosore bose bafite muri 2023

Umushabitsi uzwi ku izina rya Priya ukora ibintu byinshi bigiye bitandukanye nko gukina filime ku murika imideri yagaragaye muri firime ya Bamenya ari gushuka umusore ngo baryanane none byamugize icyamamare burundu

Uwo mu kobwa nyuma yaho iyo filime ikomeje kubica bigacika yabikomojeho agira ati: “Biranshimisha kubona abantu banyuzwe n’ibyo nakinnye, kandi numva ko Bamenya yampitiyemo neza kuko nk’umukinnyi w’umunyamwuga uba ugomba kuba witeguye gukina ibyo wahitiwemo kandi neza koko uri uwo muntu bashatse ko uba we.”

Umukinnyi wa filimi Rukundo Arnold uzwi nka Shaffy agaragara yiyama bikomeye Priya ati: “Ariko se uri mu biki? Urumva ushaka iki mu buzima bwawe? Navuze ngo ntabwo bishoboka, nta mwanya mfite wo kuryamana nawe.”

Priya aba amereye nabi uwo musore ashaka kumugusha akomeza amubwira ngo nagende undi na we ati: “Ubundi se ninde wakubwiye ko nshaka kuryamana nawe?”

Ibyo byageze ku munyamakuru w’imikino Rugangura Axel wavuzeko Rugangura Axel wavuze ko ariyo gahunda abasore bihaye muri 2023, yo kudasambana no kwirinda ababagusha muri uwo mutego.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abagore 5 b’ubwiza buhebuje bashatswe n’abakinnyi bo mu Rwanda , uwa Byiringiro Lague arayoboye

Nyuma yo kubura amafaranga yo kugura rutahizamu, Rayon Sports na Youssef Rharb bakomeje gupfa umushahara azajya ahembwa kugira ngo ayigarukemo