in

Prince Kid wagombaga kurara Mageragere ntabwo ateganya kujyayo ukundi 

Prince Kid wagombaga kurara Mageragere ntabwo ateganya kujyayo ukundi

Iminsi 30 Prince Kid yari afite hanze yarangiye ku munsi w’ejo hashize kuwa 13 Ugushyingo 2023. Yari iminsi yahawe n’urukiko ari hanze kugirango ajyanwe i Mageragere kurangiza igihano k’imyaka itanu yari yakatiwe.

Bivuze ngo Prince Kid yakagombye kuba ari i Mageragere agiye kurangiza igihano. Ku munsi w’ejo imbuga nkoranyambaga zacitse ururondogoro zibaza niba Prince Kid ararara muri gereza.

Gusa amakuru ahari avuga ko Prince Kid atigize ajyanwa i Mageragere kuko atari kubarizwa mu Rwanda. Ayo ni amakuru ari hirya no hino avuga ko we n’umugore we  bibereye mu kwezi kwa buki.

Gusa harashidikanywa niba Prince Kid yaba ataritanze mu ibanga, abantu bakaba baragumye mu rujijo, gusa nanone abenshi bavuga ko akibereye mu kwabuki n’umugore we.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Mu maso y’uriya mubyeyi hari harimo ibiro ijana by’ubushake”! Indoro Uwase Kelia yarebanaga umugabo we Byiringiro Lague ku kibuga cy’indege ikomeje gusesengurwaho byinshi -REBA AMAFOTO

Itako ryose hanze! Shaddyboo mu gakabutura k’umukobwa we n’agasengeri yongeye gushitura imitima y’abasore batangira kumubonamo Rihanna – Amafoto