in

Prince Kid n’umwavoka we bavumbuye ikintu gikomeye kigaragaza ko ibimenyetso bibashinja ari ibihimbano, urubanza rwabuze gica ubu hatangajwe itariki umwanzuro uzasomerwaho

Prince Kid n’umwavoka we bavumbuye ikintu gikomeye kwigaragaza ko ibimenyetso bibashinja ari ibihimbano, urubanza rwabuze gica ubu hatangajwe italiki umwanzuro ruzasomerwa ho.

Uyu munsi nibwo urubanza rwa Prince Kid rwongeye gusomwa, gusa ibintu bikomeje kugorana nyuma yibyo Prince Kid yiteguye avuga.

Prince Kid n’umwavoka we bagize bati ” Amajwi akoreshwa nk’ikimenyetso bavuga ko yafashwe tariki ya 16 Mata 2022 kandi akaba yarafatishijwe iPhone 14, kandi mu byukuri iyo telefone yagiye ku isoko tariki ya 7 Nzeri 2022″.

Ibyo bikimara kuvugwa imbere y’urukiko habayeho intonganya nyinshi hagati y’ababurana.

Umucamanza yanzuye ko umwanzuro w’urubanza uzasomwa tariki 13 Ukwakira 2023 Saa tanu z’amanwa.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Imvura yaraye iguye i Nyarugenge yasize abantu iheruheru isenya amazu n’amashuri – (Amafoto)

Ikipe ya Rayon Sports yahawe amahirwe yo kwegukana igikombe cya CAF Confederation Cup