in

Polisi yataye muri yombi umusore wateye mugenzi icyuma ariko byabaye ingora bahizi kumufata kuko yabarwanyije bigatinda – Amashusho

Polisi yataye muri yombi umusore wateye mugenzi icyuma ariko byabaye ingora bahizi kumufata kuko ya barwanye nabo bigatinda.

Ntamuhanga w’imyaka 25 y’amavuko yatawe muri yombi nyuma yo gutera icyuma umusore bivugwa ko babanaga mu Cyahafi yamara kukimutera agahungira muri ligori .

Ntibyoroheye Polisi kumukuramo kuko atahwemye kurwanya inzego z’umutekano.

Videwo

 

View this post on Instagram

 

A post shared by BTN TV RWANDA (@btntv250)

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyago nt’ibiteguza koko: Umuhanzikazi Simi ari mu byago bikomeye bishobora no kumuvira mo uburwayi bwa burundu nyuma y’uko abyaye 

Madederi wo muri filime ya Papa Sava yongeye gutitiza imbuga nkoranyambaga kubera amafoto yashyize hanze agaragaza ubwiza bwe n’ikimero cye – AMAFOTO