in

Police yataye muri yombi umugeni imusanze mu bukwe bwe arimo kwiyakira

Nyuma umuyobozi mukuru wa Police nubwo yaje gusaba imbabazi, abanyu bumijwe n’ibyo police ya mbarara yakoze ubwo yataga umugore muri yombi bamusanze mu birori by’ubukwe bwe.

Uyu mugore yari akurikiranweho icyaha cy’ubujura aho akekwaho kwiba amafaranga gusa urukiko rwari rwarasubitse urubanza rwe.

Mu kujya kumufata, bamusanze ari kumwe n’umugabo we mu bukwe bageze mu gihe cyo kwiyakira hanyuma police ntiyihanganira gutegereza ngo umuhango urangire babita bamufata baramujyana kumufunga.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Urutonde Mbappe yakoze rwarakaje cyane Messi na Neymar

Hamenyekanye icyaha Nyaxo yakoze cyatumye afungwa