in

Pogba yagaragaje ikimenyetso ko agomba kuva Manchester United

Umufaransa ukinira ikipe ya Manchester United wayijemo mu mwak wa 2016 kuri ubu akaba yari ayimazemo imyaka 6, Paul Labile Pogba amasezerano ye aragana ku musozo gusa ariko kuri ubu yakoze ikimenyetso gisa nk’aho umutima we utagikeneye kumva ikipe Manchester United.

Paul Labile Pogba wifuzwa na Real Madrid ndetse na Paris saint Germain yamaze kuva muri Group ya Whatsapp yari ahuriyemo n’abandi bakinnyi ndetse n’abatoza kugira ngo bakunde bashyire hamwe.

Kuri ubu, Ralf Rangnick yatangaje ko iyi season Paul Pogba atazongera kugira undi mukino akina kubera imvune yagize bivuze ko umukino wa nyuma i Manchester Paul Pogba yawukinnye.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Diamond platnumz mu marira menshi

Abazagura Chelsea bashyiriweho amabwiriza akakaye