in

PNL: AS Kigali inaniwe kwikiranura na Sunrise FC

Ikipe ya As Kigali inaniwe kwikiranura na Sunrise FC mu mukino wabimburiye iyindi yose izakinwa ku munsi wa 20 wa shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda.

AS KIGALI yari yakinnye na Sunrise FC izi kipe zombi zinganya ibitego bibiri kuri bibiri. Ibitego bibiri bya As Kigali byatsinzwe na Denis RUKUNDO ku munota wa 6 na Tchabalala ku munota wa 61, mu gihe Sunrise yo yatsindiwe na Samson Babua ku munota wa 44 na 82.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ishyirwa mu kinyabiziga kikagenda nta nkomyi:Mu Rwanda hari gukorwa mazutu hifashishijwe amacupa ya palastiki 

Umutoza Haringingo Francis akomeje kugaragariza urwango rukomeye umukinnyi w’inkingi ya mwamba muri Rayon Sports