in

“PK Yanga yitaga Pipi burya bari inshuti cyane” Godwin avuze ibyo bamwe batari bazi

PK wamamaye muri filme z’agasobanuye ni kenshi yagiye yumvikana mu itangazamakuru bamwe bagakeka ko atacanaga uwaka na Yanga uherutse kwitaba Imana Dore ko benshi bavugaga ko ubwo uyu Nkusi Thomas yari umusobanuzi muri filme ze hakundaga kumvikanamo izina Pipi ashaka kuvuga PK.

Producer Godwin yagiranye na Isibo TV yavuze ko aba bagabo bari inshuti kurusha uko abantu babizi.

Yagize ati:“Pk nubwo benshi baziko yari afitiye inzika Yanga burya ntayo ahubwo aramukunda cyane ni nawe waduhuje muri Group”

Ni nyuma yaho PK ubwe na we yabwiye Shene imwe yo kuri YouTube ko ibyo Yanga yakoraga byari ukumwamamaza Dore ko ahamya ko nta wundi musobanuzi wigeze amuvuga muri filme ze.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yikase imyanya ye y’ibanga mu nzozi aziko arimo gukata inyama

Umukinnyi ukomeye w’umwongereza yishimiye imyambarire y’abanyarwandakazi (Ifoto)