in

Umugabo yikase imyanya ye y’ibanga mu nzozi aziko arimo gukata inyama

Umugabo urwariye bikomeye mu bitaro yemeza ko ikibazo afite ari uko yikase ubugabo bwe ndetse burakomereka cyane biba ngombwa ko ajyanwa mu bitaro kugira ngo ajye kwitabwaho.

Kofi Atta arwariye mu Bitaro kuva yahura n’ibi byago mu ntangiriro z’uku kwezi, ku myaka 47 akaba arimo asaba ubufasha kuba yabona amafaranga akajya kwibagisha igitsina akareba ko yakira.

Ari kwa muganga yabwiye Umunyamakuru wa BBC ati: “Nari nicaye mu ntebe ubwo nari mfashwe n’agatotsi. Nsinziriye naje kurota ndimo nkeba inyama zindi imbere.”

ntabwo azi ukuntu yafashe icyuma kandi ntago azi ukuntu yavugije induru dore ko yatabawe n’abaturanyi be bumvishe urusaku baza kureba icyo yabaye basanga yibaze mu gihe we yari arimo kurota akata inyama yishimye.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Mutesi Jolly avuze amagambo akomeye kuri Lily wanenzweho imyambarire igayitse

“PK Yanga yitaga Pipi burya bari inshuti cyane” Godwin avuze ibyo bamwe batari bazi