in

“Pierre urasubiramo. Ntabwo nsubiramo” Wa mugabo witwa Pierre wanze gusubiramo indahiro ku Murenge yavuze ukuntu byagenze kugira ngo yange kongera gusubiramo (VIDEWO)

“Pierre urasubiramo. Ntabwo nsubiramo” Wa mugabo witwa Pierre wanze gusubiramo indahiro ku Murenge yavuze ukuntu byagenze kugira ngo yange kongera gusubiramo.

Mu kiganiro ku Umusambi Tv, Pierre wabaye kimenyabose ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye nyuma yo kwanga gusubiramo indahiro yavuze uko byagenze.

Pierre avuga ko yanga gusubiramo indahiro, yabivuze gake kugira ngo anezeze umukunzi we wari wijimye mu maso bikagaragara nabi mu maso.

Pierre yavuze ko ubwo yasubizaga umuyobozi ko atari busubiremo yabivuze gake ku buryo abari bari mu cyumba ntanumwe wabyumvishe usibye ibyuma bifata amajwi byari biri aho.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abagabo barabona koko! Fahy Vanny yatanze akinyuma maze arangije atanyura amaguru yerekana aho bibera nta soni bimuteye -AMAFOTO

Nta muntu uzongera gupfira mu mpanuka kenyege! Abamotari bagizwe abaganga b’ibanze