in

Perezida wa Rayon Sports yakoze icyo abakunzi b’iyi kipe bifuzaga nyuma yo kubona umutoza Yamen Zelfani atoje nabi bagatsinda na Al Hilal Benghazi

Perezida wa Rayon Sports yakoze icyo abakunzi b’iyi kipe bifuzaga nyuma yo kubona umutoza Yamen Zelfani atoje nabi bagatsinda na Al Hilal Benghazi

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gutsindwa na Al Hilal Benghazi bagataha bimyiza imoso kubera amagambo bari bavuze mbere ubwo APR FC yatsindwaga ibitego 6-1.

Ubuyobozi bwa Rayon Sports nyuma yo gukubitwa n’inkuba bagatsindwa mu buryo batekerezaga, Uwayezu Jean Fidel mu butumwa bukomeye yashimiye abafana b’iyi kipe nyuma y’ubwitange bagaragarije ikipe yabo bakaza kubashyigikira ndetse bakanabagaragariza urukundo rwinshi nyuma yo kubura intsinzi.

Uyu muyobozi yanabijeje ko bagiye gukomeza gukora ibishoboka byose kugirango iyi kipe ikomeze yitware neza ndetse bazongera bagerageze no mu mwaka utaha barebe ko bwo bazagera mu matsinda bifuzaga uyu mwaka.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Police yafatiye mu cyuho umugabo watekeraga kanyanga iwe murugo

Bari kugenda nka zombie! Abanyeshuri barenga 90 barembeye mu bitaro nyuma y’indwara idasanzwe yabafashe igatuma bamera nka Zombie (VIDEWO)