in

Perezida wa Musanze Fc Trump yemereye buri mukinnyi w’iyi kipe itungo ryo kurya kuri Noheli

Ibyishimo bikomeje kujya mbere i Musanze, nyuma yaho abafana ba Musanze FC bahawe Noheli yo kwinjira ku mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona nta mafaranga batanze, ubu abakinnyi ba Musanze FC nabo bemerewe ihene.

Mu rwego rwo kwizihiza iminsi mikuru nka Noheli n’ubunini, Perezida wa Musanze Fc uzwi ku mazina ya Trump yemere buri mukinnyi w’iyi kipe ihene muri iyi minsi mikuru.

Ibi bije nyuma y’iminsi mike iyi kipe ya Musanze FC yandikiye FERWAFA iyisaba ko buri mufana wayo yazinjirira ubuntu ku mukino usoza ikiciro cya mbere cya Shampiyona.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore wa pasiteri bamusanze mu musarane aryamanye n’ufite uburwayi bwo mu mutwe

Reba akamaro gakomeye ko kwitegereza no gukora ku mabere y’ab’igitsinagore ku bagabo.