in

Umugore wa pasiteri bamusanze mu musarane aryamanye n’ufite uburwayi bwo mu mutwe

Umugore wo muri Afurika y’Epfo, Dlamini Dube, yateje urunturuntu ku mbuga nkoranyambaga nyuma ya videwo y’iminota irindwi imugaragaza ari gusambanira n’umugabo usanzwe azwiho kurwara mu mutwe, bari mu bwiherero.

Dlamini ni umugore wa pasiteri washinze Itorero Crown of Grace Ministries nk’uko ibinyamakuru byo muri Afurika y’Epfo birimo Massmediang.

Ababibonye bavuga ko uyu mugore nta kindi yari agamije kitari “Imigenzo yo kongera abakirisitu benshi mu rusengero rwabo ngo ayo binjiza yiyongereye.”

Umwe ati ” Nta muntu muzima wakora biriya. Umugabo we nawe akarebera! “

Kuri ubu ariko amakuru ahari avuga ko abakirisitu benshi bamaze kwitandukanya n’uru rusengero.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwana w’imyaka 10 yiswe intwari nyuma yo gufasha nyina kubyara

Perezida wa Musanze Fc Trump yemereye buri mukinnyi w’iyi kipe itungo ryo kurya kuri Noheli