in

Perezida Jean Fiedel yahaye ikaze Gogo wafanaga Apr Fc mu muryango mugari wa Rayon Sports nyuma yo gushyingirwa n’umu-Rayon ku mutima Nkurunziza Jean Paul

Perezida Jean Fiedel yahaye ikaze Gogo wafanaga Apr Fc mu muryango mugari wa Rayon Sports nyuma yo gushyingirwa n’umu-Rayon ku mutima Nkurunziza Jean Paul.

Mu bukwe bwa Nkurunziza Jean Paul na Nkusi Goreth, Perezida Jean Fiedel yahaye ikaze Gogo wafanaga Apr Fc.

Yamuhaye ikaze amuha umupira w’iyi kipe ifite abafana benshi cyane mu Rwanda.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru yabaye kimomo ko umuhanzi Yago Pondat yibarutse umwana we n’umukunzi we

Rigoga na Munyakazi Sadate nabo bari bameze nk’abageni! Inyuma y’amarido mu bukwe bwa Nkurunziza Jean Paul na Gogo (AMAFOTO)