in

Perez yatangaje inkuru y’inshamugongo kuri Mbappe

Perezida w’ikipe ya Real Madrid witwa Perez yasuye abakinnyi b’ikipe ya Real Madrid aho barimo kwitegura gukina final ya Uefa champios league ababwira gukora cyane ndetse anababwira ko Mbappe atakije muri Real Madrid.

Yavuze ko PSG yatanze amafaranga menshi kuri mbappe bakaba batiteguye kuyatanga kandi ndetse akaba afite abantu benshi bamusaba kuguma muri PSG y’iwabo muri France.

Ibi bitangajwe nyuma y’uko mu vyumweru gishize Mbappe yavuze ko yamaze gufata umwanzuro w’aho azakina ndetse avuga ko azabitangaza neza vubaha.

Nanone kandi Mbappe yaje kugaragara mu barabu ba nyiri ikipe ya PSG aho yari yagiye mu bikorwa by’ikipe ndetse bikaba bivugwa ko hanabayeho kuganira nawe na none.

Mbappe yakuze yifuza kuzakinira Real Madrid ariko bitewe n’isezerano yahaye PSG ubwo yayizagamo avuye muri Monaco, yababwiye ko atazigera abahemukira kuri ubu akaba yari yarabuze icyo yahitamo hagati y’inzozi ze ndetse n’isezerano.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gahunda ya shampiyona mu Rwanda iteye gute??

Umutoza wa Apr Fc ari mu mayira abiri aho ategereje umwanzuro w’ubuyobozi