in

Paul Pogba ibye byamenyekanye, Man U yiteguye gukora ibitangaza.

Paul Pogba umwe mu bahenze Manchester United.

Kabuhariwe ukomoka mu Bufaransa Paul Pogba we n’ikipe akinira ya Manchester United bamaze kwemeranya ko bagomba gutandukana Pogba akigendera.

Paul Pogba biteganijwe ko azava muri iyi kipe mu kwezi kwa gatandatu ubwo amasezerano yari afite muri iyi kipe azarangirira.

Paul Pogba umwe mu bahenze Manchester United.

Uyu mukinnyi uri mubahenze Manchester United dore ko yaguzwe Miliyoni 100 z’amayero  mu myaka itandatu ishize ubwo yavaga muri Juventus.

Amakuru akomeje kugenda amwerekeza mu makipe atandukanye gusa by’umwihariko muri Paris Saint-Germain ndetse na Real Madrid tutibagiwe na Juventus yahoze akinira

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa mwiza yahawe urw’amenyo nyuma yo kwerekana ko afite iromba(amafoto)

Mu Rwanda : umusaza w’imyaka 63 yafashwe akorera ibya mfura mbi umwuzukuru we