in

Patyno avuze ubuzima busharira yaciyemo amarira azenga mu maso yakoreraga 500frw umunsi wose

Patyno avuze ku buzima bwe amarira azenga mu maso burya yakoreraga 500frw umunsi wose.

Uyu musore uzwi mu ruganda rwa comedy yahishuye ubuzima bwe yanayemo bugoye ubwo yageze naho akorera 500frw ku munsi.

Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiriye kuri Yago Tv Show hamwe na Ariandre Niyomugabo yakomeje ahishura ibyo yakoze imyaka myinshi ishize ataraza mu bintu bya comedy.

Yagize ati:”buriya ngewe nakoze igifundi imyaka myinshi inshize kuko kuva narangiza amashuri yisumbuye muri 2014 iyo myaka yose nakozemo ikiyede nza kugera no ku gifundi kuko nagiye muri kaminuza muri 2020.”

Gusa yakomoje asaba abantu bose kudacika intege kuko nonaha ushobora kuba ubayeho uko utabyifuza ariko igihe cyawe kikagera aba gufataga nk’umuntu utazagira icyo yimarira bakaba aribo bavuga inkuru yawe.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biteye ubwoba: Umusore afatanyije na nyina bafashe umukobwa baramutwika. Dore icyo bamuzizaga

Umuhanzi Burna Boy wo muri Nigeria yariye kuri kimwe mu bicuruzwa by’umunyarwanda Sina Gerard asigara yikomba iminwa