in

Papa wa kiliziya Catholic ku isi agiye kuza mu Rwanda mu minsi ya vuba

Abepiskopi gatolika mu Rwanda batumiye Papa Fransisko muri yubire y’imyaka 125 ya kiriziya izizihizwa muri 2025.

Ibi ni ibyatangajwe na Karidinali Antoine Kambanda mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Kane.

Karidinali Kambanda yagize ati “Twaramutumiye. Cyakora nta gisubizo yaduhaye. Mugomba kumenya ko buriya na we ari nk’umukuru w’igihugu. Abasenyeri baramutumira ariko biba bisaba ko n’igihugu na cyo cyamugezaho ubusabe nk’ubwo”

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Habaye impanuka ikomeye cyane y’indege yinjiye mu nzu inyuze mu gisenge, igahita ihitana abo isanzemo

Huye: Inkuru y’inshamugongo umugore yiyiciye umugabo amuteye icyuma ahantu habi cyane