in

Papa Sava noneho yaje yambaye ipantaro nka zimwe z’umuhanzi Burna Boy! Imyambarire ya Nitegeka Gratie uri kwambara nk’abaraperi ikomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga – AMAFOTO

Nitegeka Gratie wamamaye muri filime nyarwanda nka Papa Sava, Seburikoko ndetse n’izindi nyinshi, akomeje gutungurana kubera imyambarire ye.

Hari hashije iminsi mike Papa Sava ashyize hanze amafoto yambaye imyenda munini nk’iyabaraperi ndetse afite na Radiyo mu ntoki, ubu noneho yagaragaye yambaye ipantaro imeze nk’izo Burna Boy akunda kwambara.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yavuze ko Prince Kid ashobora kuba akiri I Kigali [videwo]

Gahutu André wakoraga mu ikipe y’umujyi, ari kubyina imbyino ya nyuma aho yari yagize iwabo