in

Omah Lay yakuriye inzira ku murima abakobwa bamwifuza

Omah Lay yakuriye inzira ku murima abakobwa bamwifuza.

Ni mu kiganiro uyu musore aherutse kugirana na Radio The Beat FM yo mu Bwongereza, yabajijwe niba hari umukunzi afite muri iyi minsi.

Uyu musore yasubije ko amaze igihe kinini nta mukunzi afite, ndetse avuga ko yifuza kuguma gutyo kuko yumva bimuryoheye cyane.

Omah Lay kandi yakomeje avuga ko umukobwa washaka kumujyana mu nkundo muri iyi minsi, atabona igisubizo gihuye n’ibyo yifuzaga(kuba bakundana).

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyarwenya ukunzwe n’abatari bake muri Gen-z comedy aratakambira umugiraneza wamufasha -Amafoto

Abafana ba APR FC batoranyije umukinnyi umwe bamukandira akanyenyeri abandi babarebera ku ruhande