in

Okwi wari utegerejwe mu ndege ya rayon, yishongoye kuri kiyovu sports

Umukinnyi w’umuhanga ukomoka mu gihugu cyq Uganda Arnold Okwi, yavuzwe mu makipe menshi hano mu Rwanda ndetse kugeza ubu ntago yari yabona ikopr gusa ariko akomeje kwahagiza Kiyovu sports.

Ku munsi wejo wa Rayon Day, byari byitezwe ko aza kwerekanwa mu ndege yari iteye amarange ya Skol gusa ariko biza kurangira aterekanwe mu bakinnyi Rayon sports yerekanye kuri uyu munsi.

Kiyovu sports yari yaramwandikiye ibaruwa imusaba gusinyana amasezerano nawe hanyuma haciyeho igihe arongera abandikira abasaba umushahara wa miliyoni zirindwi avuye kuri miliyoni eshatu.

Abantu bakimara kubona ibi bahise bavuga ko ari ukwishongora kuri Kiyovu sports kuko nawe arabizi ko yahawe miliyoni eshatu byagoranye bivuze ko batakwemera gutanga miliyoni zirindwi.

Emmanuel Arnold Okwi kuri ubu avuye mu ikipe ya Kiyovu sports yagenda ari umukinnyi wigenga kuko yasoje amasezerano na Kiyovu sports.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhungu w’imyaka 16 yambitse impeta mwarimu we

Diamond yavuze ikosa Zuchu yakora akazarinda apfa akimwishyura