in

Diamond yavuze ikosa Zuchu yakora akazarinda apfa akimwishyura

Umuhanzi w’umuherwe hano muri east Africa ndetse no muri Africa yose Diamond, ni nawe nyiri label itunganya umuziki yitwa wasafi yatangaje ko Zuchu  yibeshye agashaka kuva muri Wasafi, yazishyura amafaranga angana na miliyari 4.5.

Uyu muhanzi uherutse no kugura indege akaba agiye kugira society y’ubwikorezi bwo mu kirere, yabivuze ubwo hari uwari amubajije amafaranga Zuchu yakwishyura abaye ashaka kuva muri Wasafi.

Diamond yahise amusubiza ati “ndakeka ntago twajya munsi ya miliyoni 4.5$ abaye agiye kuva muri Wasafi”.

Abantu babiteyemo urwenya bavuga ko yazarinda apfa akishyura ayo mafaranga kuko ni akayabo atakwigonderwa na buri wese.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Okwi wari utegerejwe mu ndege ya rayon, yishongoye kuri kiyovu sports

Cristiano yateje imirwano hagati y’umutoza n’abayobozi ba Manchester united