in ,

Oda Paccy yabaye iciro ry’imigani kubera ishyano yakoze

Umuhanzikazi Oda Paccy wamenyekanye cyane hano mu Rwanda kubera indirimbo zitandukanye yahimbye zigakundwa n’abantu batari bake ndetse n’ibitaramo bitandukanye yagiye akorera hirya no hino bigatuma yigarurira abakunzi b’umuziki nyarwanda akomeje kuba iciro ry’imigani hirya no hino kubera ifoto aherutse gushyira hanze yambaye ubusa akikinga ikoma ku myanya ye y’ibanga.

Iyi niyo foto Oda Paccy yashyize hanze

Nkuko bamwe mu bantu babonye iyi foto ya Oda Paccy bakomeje kugenda babivuga, birahamywa ko Oda Paccy yakoze ishyano ndetse bamwe bavuga ko ibyo Oda Paccy yakoze ari amahano ndetse ko bitanakwiye mu muco nyarwanda. Mu kumunnyega, abantu benshi batangiye kugenda bashyira hanze amafoto yabo nabo bikinzeho amakoma mu rwego rwo gukwena Paccy barangiza bakayaherekesha ijambo rigira riti “Ikoma challenge”.

Anita Pendo we byamwanze mu nda yikingaho ibase
Arthur yikinze ku muba w’insina
Bull Dogg nawe ntiyatanzwe kwikingaho ikoma
Unclw Austin nawe ari mu ba mbere biganye Paccy kwikingaho ikoma

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Itsinda Just Family riri mu mbaraga zihambaye zo kuzamura umuziki nyarwanda ku ruhando mpuzamahanga

Nyuma ya Philippe Coutinho uzayivamo, ikipe ya Liverpool igiye guhomba undi mukinnyi ukomeye ku buryo budasubirwaho