in

“Nzabaha ibyo mfite byose” Umwe mubavuzweho ubugambanyi muri Kiyovu Sports waraye asinyiye Rayon Sports yavuze ikintu atahaye Abayovu aje guha Aba-Rayon (VIDEWO)

“Nzabaha ibyo mfite byose” Umwe mubavuzweho ubugambanyi muri Kiyovu Sports waraye asinyiye Rayon Sports yavuze ikintu atahaye Abayovu aje guha Aba-Rayon.

Myugaririro mushya wa Rayon Sports, Serumogo Ali yavuze ko aje guha Rayon Sports imbaraga ze zose.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo uyu mukinnyi yerekanwaga biciye ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye za Rayon Sports.

Nyuma yo kumwerekana yagize icyo atangariza abafana ba Rayon Sports, aho yabijeje ko aje guha Rayon Sports imbaraga ze zose.

VIDEWO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Sam Karenzi wari Umu-Rayon agiye guhabwa akazi keza cyane muri APR FC we na David Bayingana wa BB Fm

Kuba yaramugaye nti byatuma atabyina ingwatira nk’abandi’ Umukobwa ugendera mu kagare yatumye abari mu kabyiniro bose bamuhanga amaso nyuna yo kubyina ingwatira kandi yicaye no mu kagare(Videwo)