in

“Nyumva ko Simba yahaye ikaze Onana uvuye muri Rayon Sports yo mu Rwanda nasetse amarira araza” Umufana wa Yanga yasekejwe n’ukuntu Simba yashimiye gusinyisha Onana uvuye mu Rwanda nyuma y’uko bo bahakuye Sarpong akababera imfube

“Nyumva ko Simba yahaye ikaze Onana uvuye muri Rayon Sports yo mu Rwanda nasetse amarira araza” Umufana wa Yanga yasekejwe n’ukuntu Simba yashimiye gusinyisha Onana uvuye mu Rwanda nyuma y’uko bo bahakuye Sarpong akababera imfube.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo Simba yo muri Tanzania yatangaje ko yasinyishije Onana kuva mu ikipe ya Rayon Sports.

Nyuma y’ibyo, umuhezanguni wa Simba witwa Milton George wa Yanga yasekejwe n’ukuntu Simba yashimiye gusinyisha Onana uvuye mu Rwanda.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook yagize ati: “Nabonye Simba yerekana ONANA uvuye muri RYN SPORTS yo mu Rwanda aho bamwakiriye bishimye. Nasetse kugeza amarira aje nibutse ko Yanga Sc yasinyishije MICHAEL SARPONG na we wavuye muri Rayon Sports akaza afite ibitego 30 muri saison imwe ariko yagera muri Yanga Sc agatsinda ibitego 4 birimo na penalti imwe.”

“Kuva aho, ku giti cyanjye ndaseka iyo numvise ko club yasinyishije umukinnyi wo muri shampiyona yo mu Rwanda.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakobwa bari abacyera! Umukobwa yabyinishije mugenzi we imbyino zo kumanuka uzamuka zimenyerewe ku basore na bakobwa bari gutara ubushagarira (VIDEWO)

“Iyo twicaranye turi kuganira tuba tuvuga abarangiza vuba n’abafite ubugabo butoya” ibiganiro bamwe mu bakobwa b’ikigali bagirana iyo bahuje urugwiro n’ibigaruka ku mico mibi birirwa mo(Videwo)