in

Nyuma y’uko Meddy yaratangiye guterwa imijugujugu ashinjwa kuryarya The Ben yahise anyomoza ibyo abantu bibwiraga

Ubwo hari hatangiye kwibazwa aho ubushuti bwa Meddy na The Ben bugana nyuma y’uko umunsi wari ushize Meddy atifurije isabukuru The Ben, Meddy yayimwifurije ndetse mu magambo meza.

Meddy, yatakagije The Ben ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko abinyujije kuri Instagram Meddy usa n’uwutagikoresha Instagram, dore ko yayobotse Snapchat muri iyi minsi, yatangaje ko The Ben ari umwami kandi ko yihariye, ibi yabimbwiye mu gihe yamwifurizaga isabukuru.

Ibi yabikoze nyuma y’ubutumwa butandukanye bwagiye bunyuzwa ku mbuga nkoranyambaga, abenshi bavuga ko aba basore bombi baba bafitanye ibibazo.

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uku ni ugushinyagura; Zari yanenzwe bikomeye cyane nyuma yo kujyana umukunzi we ku gituro cy’uwahoze ari umugabo we

Biravuna Koko! Burna Boy yananiwe gutereta inkumi y’ikimero y’umusirikare yakubise amaso umutima ugasimbuka