in

Nyuma y’uko KNC asezeye ku kibuga umuhungu we yamusimbuye mu ntebe yicaragaho kuri stade

Nyuma y’uko KNC ahagaritswe ku kibuga ndetse akacibwa amande na ferwafa kubera imyitwarire ndetse nawe ubwe akavuga ko asezeye kuza ku kibuga.

Kuri uyu munsi umuhungu we Shema Gavin yagaragaye yaje ku kibuga ndetse yicaye ku ntebe ya Se akunze kwicaramo nk’umuyobozi mukuru wa Gasogi United .Aho kugeza ubu Gasogi imaze gushyiramo ibitego 2-0 bwa Marine FC.

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku munsi w’ejo hashize yavuzeko Ntabwo azongera kwihangana ikibazo cy’imisifurire mibi ikunze kurangwa muri shampiyona y’u Rwanda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking News: Ikipe ya Mukura Victory Sport yamaze kubona umuyobozi mushya

#MissRwanda2022: Murumuna wa Bahavu Jeannette wamenyekanye muri filime yitwa ‘Impanga’ yitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda