in

Nyuma yuko ikipe ya Arsenal izamuye ibendera ry’abaryamana bahuje ibitsina, indi kipe ikunzwe n’abanyarwanda batari bake yarizamuye

Nyuma yuko ikipe ya Arsenal izamuye ibendera ry’abaryamana bahuje ibitsina, indi kipe ikunzwe n’abanyarwanda batari bake yarizamuye.

Ubutinganyi bukomeje gufata indi ntera ku isi, mu bihugu bitanduka, mu masosiyete atandukanye, mu mikino n’ibindi byinshi cyane.

Mu minsi yashize ikipe ya Arsenal yazamuye idarapo ry’abaryamana bahuje ibitsina ndetse ubu inyuma y’ikiranganego cyayo niryo rihari. Siyo gusa kuko n’andi makipe akomeye ku mugabane w’iburayi yamaze kurizamura. Ikipe  ya FC Barcelona ikunzwe n’abatari bake nayo yamaze kurizamura.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakire murya nabi! Pamella yatunguranye ubwo yerekanaga ibintu yariye bidasobanutse

Afite ikirombe acukuramo! Ubwiza bw’imodoka ya Dabijou buzatuma abasore makundi icyo