in

Nyuma y’uko Davis D ashinze uruganda rukora udukingirizo, Rusine nawe agiye gushinga uruganda ruzakora ibikundwa na buri wese

Umunyamakuru ndetse akaba n’umunyarwenya Rusine Patrick yamaze gutangaza ko niba Davis D agiye gufungura uruganda rukora udukingirizo, nawe agiye gushinga uruganda rwe ruzajya rukora inzoga.

Abinyujije kuri Twitter yavuze ko arimo abona ko buri wese arimo ashishikariza abafana be gukoresha ibyo bakunda nawe rero muri uwo mujyo wo kuba akunda inzoga, agiye no gukomeza kuzishishikariza abakunzi be.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo wagaragaye anywesha umwana urumogi mu gihe yari amuteruye yabaye iciro ry’imigani(Videwo)

Umushoferi yahaye isomo rikomeye umupolisi wari umupfumuriye ipine(video)