in

Nyuma yo kuryamana n’abagabo 500,000 ndetse uwa nyuma akamuzahaza, yahisemo gufata ikiruhuko cy’izabukuru

Umukecuru w’icyamamare mu kazi k’uburaya ufite imyaka 76 yasezeye ku kazi ke k’uburaya yaramazemo imyaka 54 akaba yararyamanye n’abagabo ibihumbi magana atanu.

Beatrice Thompson witiriwe 3$ kubera igiciro yacaga abakiriya be mu minsi ya mbere yo gutangira akazi k’uburaya, akaba yaragasezeyeho nyuma y’uko yavugaga ko agiye gufata ikiruhuko k’izabukuru.

Aganira n’ikinyamakuru Independent yavuze ko agiye gufata ikiruhuko k’izabukuru kuko ashaje cyane. Akaba yifuza kuzaganira na Guinness world record kugira ngo azace agahigo k’indaya ya mbere ku isi.

Yagize ari “Nkiri muto, nashoboraga guhaza abagabo 50 kugeza 100 ku munsi. Nihaye intego ko nzagera kuri kimwe cya kabiri cya miliyoni mbere yuko njya mu kiruhuko cy’izabukuru, ariko nyuma naje gutakaza ubwamamare ku buryo byatwaye imyaka micye y’inyongera kugira ngo mbigereho. ”

Umukiriya wa nyuma 3$ yakiriye, Hons Meyer ukomoka Hamburg mugihugu  cy’ubudage wavuze ko ari iby’agaciro kuba yarahuye na 3$.

Ibihembo Thompson 3$ yahawe ubwo yari akiri mu kazi.

Yatowe nka Sex worker w’umwaka incuro 17 guhera 1962 kugeza 1992.

Yahawe ikindi gihembo cya Lifetime Achievement Award mu mwaka wa 2011.

Abari bafite agahigo ko kuba indaya za mbere ku isi.

Agahigo ka Guinness world record ko kuba indaya za mbere zifite ubuhanga m’ uburaya, ni impanga ebyiri zivukana zikomoka Amsterdam mu gihugu cy’ubuholandi, bakaba ari Lousie na Martine Fokken.

Aba bakaba ari bo baryamanye n’abagabo benshi kubera bur wese yaryamanye n’abagera ku 177,500 none 3$ akaba ariwe wahita uba uwa mbere.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kanye West yagizwe inkandagira bitabo amashuri ye yize aba ubusa

Real Madrid yemeye gutanga ibifurumba by’amafaranga ku mwana ukirerwa n’ababyeyi