in ,

Nyuma yo kugura inzu muri Amerika yaje kuryoshya! Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi wari umaze iminsi muri Amerika yaje kurira idorari mu Rwanda

Nyuma yo kugura inzu muri Amerika yaje kuryoshya! Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi wari umaze iminsi muri Amerika yaje kurira idorari mu Rwanda.

Rutahizamu Tuyisenge Jacques uherutse kugura inzu muri Amerika, ari kubarizwa mu Rwanda.

Ku munsi w’ejo hashize, uyu Rutahizamu yagaragaye ku mukino wahuzaga ikipe ya As Kigali yahoze akinira aho yahuraga na Gorilla.

Ku mukino wa Gorilla, Jacques Tuyisenge yagaragaye yicaye muri Pelé Stadium ari kwihera ijisho umukino wa AS Kigali na Gorilla.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubutumwa bwa Uwayezu Jean Fidel uyobora Rayon Sports ashaka gushyigikira wa muyobozi wagaragaye yambaye umwenda wa APR FC ntibuvugwaho rumwe

Ubutumwa bwa Uwayezu Jean Fidel uyobora Rayon Sports ashaka gushyigikira wa muyobozi wagaragaye yambaye umwenda wa APR FC ntibuvugwaho rumwe