in ,

Nyuma yo kubura amafaranga yo kugura umukinnyi w’imyaka 19 Real Madrid ishaka kugurisha umukinnyi wayo ukomeye cyane

Real Madrid imaze kwibikaho abasore babiri muri iri gura n’igurisha bose bakiri bato harimo Theo Hernandez w’imyaka 19 baguze muri Atletico Madrid na Jesus Vallejo w’imyaka 20 baguze kera ariko bakamutiza muri Frankfurt.

Umusore mushya wa Real Madrid

Nyamara mu kwiruka inyuma ya Kylian Mbappe w’imyaka 18 ukinira ikipe ya Monaco,iyi kipe ikaba yabuze amafaranga bari kuyisaba kuri uyu musore ikaba ishaka kugurisha Alvaro Morata muri Man Utd cyangwa Chelsea kuri miliyoni 80 ngo babone 140 Monaco isaba.

Kylian Mbappe

Kylian Mbappe ariko akaba yifuzwa n’amakipe menshi harimo PSG,Arsenal,LIverpool n’ayandi akomeye nyamara akaba aherutse kwongera amasezerano muri Monaco ngo barebe ko yahaguma.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

AMAFOTO-Irebere inkweto nshya Cristiano Ronaldo azajya akinana zuzuye amabuye y’agaciro

Ifoto igaragaza ubwambure bwa Cristiano Ronaldo yashyize hanze yatangaje isi yose(Yirebe hano)