in

Nyuma yo kubona abakobwa biyi minsi atazabashobora yashyize itangazo hanze ashaka umugore ukuze kandi ufite akazi

Nyuma yo kubona abakobwa b’iyi minsi atazabashobora yashyize itangazo hanze avuga ko ashaka umugore ukuze.

Umugabo wo muri Nijeriya arashaka “umudamu ukuze ufite resitora nini / iduka ryumubano ukomeye ushobora gutera ubukwe”

Umusore ukiri muto wo muri Nijeriya, Izuchukwu John yavuze ko arimo gushaka umugore uyobora resitora cyangwa iduka ry’ibicuruzwa kugira ngo bubake umubano ukomeye ushobora no kubageza ku bukwe bwabo.

Yagize ati:”Nkeneye umudamu ukuze ufite resitora nini cyangwa iduka rinini ubundi tukajya mu rukundo bibaye byiza twakora n’ubukwe.” yabyanditse ku wa gatatu 5 Ukwakira.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abanyamakuru bakunzwe mu kiganiro Urukiko rw’Ubujurire cya Fine FM bamaze gusinyira Televiziyo ikomeye mu Rwanda

Musanze:impanuka ikomeye imbangukiragutabara igonganye na fuso ubwo zageragezaga ku bisikana